Inama mpuzamahanga ku miyoborere mu Rwanda
Think Tank Isooko irakora ku mushinga wo gutegura inama mpuza mahanga k’u Rwanda. Iyo nama iteganya guhuza imbaraga zose za politiki na sosiyete civile kugira ngo zigire hamwe uko ibintu bimeze ubu mu Rwanda n’uko hakubakwa u Rwanda rw’ejo rurushijeho kubaha abanyarwanda n’inzego za Leta zibungabunga abaturage bose nta vangura cyangwa ikandamizwa rishingiye ku mpamvu iyo ariyo yose

