Ububiko-Archives

INYANDIKO ZEREKEYE TTI

Sobanukirwa : TTI turi ba nde ?

Think Tank Isooko ni itsinda ry’ibitekerezo ryiga ibintu k’uburyo bwimbitse, rikangura abantu rinatanga inama.

Ni umuryango ufasha ibikorwa by’amahoro n’umutekano mu karere k’ibiyaga bigari byo muri Afurika.

Ibindi bisobanuro birambuye : Kanda hano

Amategeko Shingiro

Think Tank Isooko igengwa n’Amategeko Shingiro y’umuryango.

Ayo mategeko asobanura inzego z’umuryango n’imikorere yazo

Gusoma Amategeko Shingiro – Kanda hano

Amahame Ngengamikorere y’inzego z’umuryango

Think Tank Isooko yanashyizeho Amahame Ngengamikorere y’inzego zawo. Ayo mahame asobanura ibyiciro by’abanyamuryango, ibyo Amategeko Shingiro abemerera n’ibyo basabwa. Ayo mahame anasobanura inzego z’umuryango n’ububasha bw’abaziyobora.

Gusoma Amahame Ngengamikorere y’inzego  – Kanda hano

Inzego za Think Tank Isooko

Kugira ngo igere ku inshingano zayo, Think Tank Isooko yashyizeho inzego zigenga imikorere zijyana no gushyira mu bikorwa ibigamijwe n’umuryango TTI

Gusoma incamake ku nzego za TTI  –  Kanda hano

Ibyangombwa bya TTI

Icyemezo cy’ubuzima gatozi

N° EIN 99-2836419

Umuryango Think Tank Isooko yanditswe mu buryo bwemewe n’amategeko nk’umuryango udaharanira inyungu.

Wifuza kureba icyemezo mpesha bubasha

Kanda hano

Inyandiko z'ubushakashatsi ku byerekeye imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, n'iz'inzego zishamikiye ku muryango w'abibumbye - ONU

Ibyakwitabwaho kugira ngo hakumirwe amakimbirane ateza intambara mu karere

ndetse n’amahoro arambe mu karere

Ibaruwa umunyamabanga mukuru wa ONU, Bwana António Guterres yashyikirije Perezida w’Akanama ka ONU gashinzwe amahoro ku isi (Conseil de sécurité, de l’ONU), rapport n° S/2020/1168

Gusoma iyo rapport mu gifaransa – Kanda hano

Rapport Mapping sur la criminalité qui a sévi en République Démocratique du Congo – RDC

Gusoma Rapport mapping mu gifaransa Kanda hano

Ku bindi bisobanuro byerekeye iyi Rapport: uko yakozwe, abayanditse, ubuhanga bwakoreshejwe, wabishakira ku rubuga rwa Haut Commissariat des nations Unies aux droits de l’homme ( HCDH)

Wifuza kubihashakira mu ndimi zitandukanye  – Kanda hano

INYANDIKO Z'ABAHANGA, UBUSHAKASHATSI BW'INZOBERE, INYANDIKO Z'AMASHYAKA YA POLITIKI

Izi nyandiko zose ziri mu gifaransa. Ziboneka kandi ku ipaji ya TTI – Ububiko-Archives / Ubushakashatsi

FEUILLE DE ROUTE POUR UN AVENIR PROMETTEUR AU RWANDA

Une proposition de réforme de la gouvernance actuelle répondant à la réalité du Rwanda d’aujourd’hui.

Ecrit conjointement par Madame Victoire Ingabire Umuhoza & Maître Ntaganda Bernard. Juin 2021

Gusoma iyi inyandiko mu gifaransa

Kanda hano

Lettre ouverte de la diaspora congolaise : L’hypocrisie de l’Union Européenne face à l’agression de la République démocratique du Congo par le Rwanda et l’Ouganda.

MEMORANDUM D’APPEL À AGIR SANS ATTERMOIMENT

Par Me Hamuli RETY, Ancien président des avocats du tribunal pénal international pour le Rwanda. Décembre 2023

Gusoma iyi inyandiko mu gifaransa

Kanda hano

La politique d’unité et de réconciliation nationale au Rwanda : figures imposées et résistance au quotidien

Par Susan Thomson, dans Genèses 2010/4 (n° 81), pages 45 à 63.

Éditions Belin.

ISSN 1155-3219. ISBN 9782701156682. DOI 10.3917/gen.081.0045

Gusoma iyi nyandiko mu gifaransa

Kanda hano

Diplomarbeit, Titel der Diplomarbeit,

« Processus de résolution d’un conflit ethnico-politique. Le cas du Burundi

Par Francine Simbare, Angestrebter akademischer Grad. Magistra der Philosophie (Mag.phil) , Wien, im Oktober 2008

Gusoma iyi nyandiko mu gifaransa

Kanda hano

Ibinyamakuru, imbuga nkukusanya bitekerezo n'isesengura nkoranyambaga

Iyi paji turacyayubaka

Mu minsi iri imbere, hzaba hariho video, ibyavugiwe ku mbuga zitandukanye, ibiganiro n’impuguke za TTI n’abandi bafatanya bikorwa ba Think Tank Isooko