Imishinga iri gukorwaho
Think Tank Isooko irimo gukora ku mushinga wo gutegura inama mpuzamahanga k’u Rwanda. Iyo nama iteganya guhuza imbaraga zose za politiki na sosiyete sivile kugira ngo bigire hamwe uko ibintu bimeze mu Rwanda n’uko hakubakwa u Rwanda rw’ejo rurushijeho kuba rwiza no kunogera abarutuye..
Imishinga iteganijwe mu gihe kiri imbere
Imishinga yo mu gihe kiri imbere, izaterwa n’amikoro uko abonetse, harimo ubushakashatsi bugereranya imitegekere mu bihugu by’akarere k’ibiyaga bigari byo muri Afurika n’ingaruka imitegekere idahwitse igira ku mahoro n’umutekano mu karere.
Imishinga yakozwe
Abahanga ba TTI barimo gukusanya ubushakashatsi n’inyandiko byakozwe mu karere k’ibiyaga byo muri Afurika. Murabisanga ku gika – UBUSHAKASHATSI – Etudes.
Iki gika turacyacyubaka.
Kizakusanyirizwamo ibyerekeye imishinga yakozwe n’ibyo yagezeho

